Uwitwa RUGOMBOKA Joannah yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Mwiza RUGOMBOKA mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ashaka kwitwa izina ry’umuco Nyarwanda
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: