Print

Ubuhanga budasanzwe mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo Nshya ya Okkama “Puculi” [VIDEO].

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 11 February 2022 Yasuwe: 1032

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 11Gashyantare 2022 umuhanzi Okkam wamamaye cyane mu ndirimbo aherutse gushyira hanze yise Iyallah indirimbo yakunzwe nabatari bake mu Rwanda ndetse ikanavugisha benshi bitewe n’ubuhanga bwari buri muri iyo ndirimbo by’umwihariko k’umuhanzi Ukizamuka.

Uyu muhanzi kandi yagaragaye mu ndirimbo yakoranye na Kenny sol bise Lotto aba bombi n’abahanzi bakizamuka ariko batanga ishusho y’ikizere mu iterambere no kwaguka kwa muzika nyarwanda.

Umuhanzi ukiri muto Okkam kuri ubu yashyize hanze indirimbo yise Puculi

KANDA HANO UBONE INDIRIMBO https://youtu.be/VaumWL9Lc1k

Okkam akomeje gutungura benshi mu buhanga budasanzwe bugaragara mu bihangano bye.