Intara y’Amajyaruguru niyo yabimburiye izindi, Uberengerazuba burakurikira, Amajyepfo, Iburasirazuba, Kigali iraheruka. Umujyi wa Kigali waciye agahigo ko kugira abakobwa benshi bitabiriye iri jinjora kimwe mubintu byatunguye benshi.
Mubakobwa 70 bagize amahirwe yo gukomeza mukindi kiciro hari Umukobwa w’Ubwiza bwavugishije benshi barimo na Mutesi Jolly Umwe mubagize akanama Nkeumurampaka ka Missrwanda 2022. Amazina ye ni Nshuti Muheto Divine uri mubahataniye ikamba ryuyu mwaka.
Umuryango na DC TV RWANDA twamusuye tumubaza ibibazo bitandukanye nawe arasubiza.
KANDA HANO UREBE IKIGANIRO TWAGIRANYE NA NSHUTI MUHETO DIVINE WAVUGISHIJE BENSHI.
Uyu mwana conditions zose arazujuje pe, igisigaye nanononsore umushinga we nimwiza kandi urashoboka