KANDA HANO WUMVE MISS NIMWIZA MEGHAN ASOBANURA KU ISEZER RYA LYNDA
Nkuko bigaragara mu Itangazo ryacishijwe kuri konti ya Twitter ya Missrwanda rivuga ko Nkusi Lynda warufite numero 43 yamaze kuva mubahatanira iri kamba kubera impamvu z’Umuryango we.
Rigira riti "Twishimiye kumenyesha abantu bose ko NBkusi Lynda yamaze kuva mubahatanira kuba Missrwanda 2022. Ni nyuma y’Ibaruwa yandikiye abategura irushanwa, kubera impamvu ze bwite niz’Umuryango we atagikomeje guhatana"