Print

Kurangiza Vuba no kubura ubushake mugihe cy’imibonano mpuzabitsina ntibigusenyere urugo

Yanditwe na: Ubwanditsi 5 April 2022 Yasuwe: 2891

Ni ibintu byikora akenshi iyo umugabo adafasha umugore kurangiza bituma umugabo agira igisuzuguriro imbere y’umugore we ibyo bigatera amakimbirane akunze kuba mu ingo.

Ariko kandi hari ubwo umugore nawe aba atagira ubushake mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina cyangwa se afite ibibazo byo kubura amavangingo afasha imibonano mpuzabitsina kugenda neza nkuko Imana yabigennye ,bityo bigatu umugabo yumva ataryohewe muri icyo gikorwa udashoboye kwihangana nawe ayoboka abandi bagore bafite ayo mavangingo,uko niko ingo nyinshi zisenyuka .

Imibonano mpuzabitsina iyo igenda neza hagati y’abashakanye bikomeza urukundo rwabo .

Turakangurira abantu kwivuza ibi bibazo kuko umuti wizewe ibikiza urahari .
Haciye igihe benshi mwivuza mugatanga amafranga yanyu ntimukire ariko ubu hari Ko abahanga bamaze gukora ,ukoze mu ruhurirane rw’ibihingwa bitandukanye iyo ugeze mu mubiri ukosora ibibazo byose byateye ikibazo cyo kurangiza vuba no kubura ubushake mugihe cy’imibonano mpuzabitsina ,guhera ku munsi wa 1 kugeza ku munsi wa 12 utangira kubona impunduka nziza.

Kugeza ubu mubawufashe bose bavugako uri kubakiza ko ibintu bigenda neza.
Wowe waba ufite ibyo bibazo ntutinde ushidikanya uze tuguhe umuti urugo rwawe rwe gusenyuka .

Masenge Lifi Center Dufite urubohero ku bakobwa n’abagore batagize amahirwe yo guca imyeyo.Dufite umuti ufasha abakobwa n’abagore iyo bashaka kubyikorera
Dukorera hano mu Mujyi wa Kigali hafi yahahoze gereza ya Nyarugenge kuri station SP.

Tukanakorera -Rubavu muri Gare .
- Bujumbura ku nyubako ya Hotel de Ville (Mairie)
Wahamagara kuri 0783441825 kigali
Uramutse uri Bujumbura watwandikira
Kuri WhatsApp +25768263215 Burundi