Print

Habura igihe gito ngo bibaruke Imfura yabo Rihanna yatantukanye n’Umukunzi we ASAP Rocky(AMAFOTO)

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 15 April 2022 Yasuwe: 1309

Aba bombi biravugwa ko bagiye gutandukana mu gihe haburaga ukwezi kumwe ngo bibaruke imfura yabo.

Biravugwako icyatabandukanyijwe ari uko ASAP yaciye inyuma Rihanna, akaryamana na Amina Muaddi, usanzwe ari umushushanyi w’inkweto muri kompanyi ya Rihanna, Fenty.


Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ikinyamakuru US Media cyabyutse cyandikako Rihanna yari amaze iminsi afite amakuru ko umugabo we aryamana n’umukozi we, Muaddi bikaba byaratumye abakurikirana ngo yibonere gihamya.

Rihanna na ASAP batangaje ko batwite muri Gashyantare nyuma y’amezi menshi bivugwa ariko ntibagire icyo babitangazaho.

Aba bombi baje kubyemeza kumugaragaro ubwo bagaragaraga mu mihanda ya New York, Rihanna na ASAP bafatanye agatoki ku kandi, bigaragarako uyu mugore atwite inda nkuru.

Amina Muaddi bivugwa ko aryamana n’umugabo wa Rihanna