Ibi yabivuze nyuma yuko Gasogi United itsinze ikipe ya Kiyovu mu mikino irindwi iyi kipe yarimaze gukina idatsindwa numwe.
yagize ati: "Ntabwo twakinnye neza cyane mu mukino uheruka, bishobora gutuma tuzasubira inyuma ariko turacyafite imikino yo gukina muri shampiyona, twiteguye gukora cyane kugirango tubashe gusubira mu nzira ya nyayo tubone amanota menshi".
Ikipe ya Kiyovu iri kwitegura umukino uzakurikira ubwo izahura na Mukura, mugihe iyi kipe igerageza gukomeza umuvuduko wo guhatanira igikombe hamwe na APR iri ku mwanya wa mbere.