Print

Ihere ijisho uburanga bwa Miss Nimwiza Meghan wikuye k’ubuyobozi mu muryango wa Miss Rwanda

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 20 April 2022 Yasuwe: 2567

Ni Mwiza Meghan yitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 aza kwegukana ikamba nyuma agirwa umuyobozi ushinwe itumanaho muri iri rushanwa ariko kugeza ubu byamaze gutangazwa ko Nimwiza Meghan atakiri umwe mu bayobozi bategura iri rushanwa.

Miss Meghan yagiye agaragara mu bikorwa bitandukanye bitegurwa n’iri rushanwa hamwe n’abandi ba Nyampinga bo mu myaka itandukanye.

Miss Meghan ni mwiza ubwo yambikwaga ikamba 2019