Print

Mu mafoto ihere ijisho uburanga bwa Miss Akaliza Amanda wagize icyo avuga ku bibera muri Miss Rwanda

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 27 April 2022 Yasuwe: 1976

Nyuma y’uko urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rutangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieu Donnée ukekwaho ibyaha byo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abakobwa bitabira irushanwa rya Miss Rwanda.

Akaliza Amanda wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2021 yanditse kuri Twitter agaragaza ko hari ibyo azi kuri iyi ngingo yari yarabuze uko abivuga.

Ati “ kenshi nashatse kugira icyo mvuga ariko icyo gihe sinabishoboye kuko kuvuga nta bimenyetso byari kwangiza kuruta uko byari gufasha.”

Nyuma y’uko RIB yinjiye muri iki kibazo ndetse umuyobozi rwa Rwanda Inspiration Back Up itegura irushanwa agafungwa, Akaliza Amanda yiyemeje kuvuga ibyo yari amaze igihe abitse ku mutima abinyijije ku rukuta rwe rwa Twitter.

I am not here to speak on behalf of any of the women that passed through Miss Rwanda. Because each one had their own experience that deserves to be told only by them. Nor am I here to respond to questions being asked on social media about this topic. https://t.co/aTizFvmGNi

— Amanda Akaliza (@ssouljahh) April 26, 2022

I am simply here to stand in solidarity with the girls. I will support you when you feel it's time to speak up. I will defend you when you need me to, and I will understand you if you choose to deal with this in your own way.

— Amanda Akaliza (@ssouljahh) April 26, 2022

Amanda yasabye abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda gutinyuka bagatanga amakuru mu gihe bikenewe