Print

Ifoto Nshya igaragaza uburanga budasanzwe bwa Yolo The Queen wakunzwe na Drake ikomeje kuvugisha benshi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Rebecca UFITAMAHORO 3 May 2022 Yasuwe: 3220

Kugira ubwiza burangaza benshi ndetse nimiterere ikurura benshi bigahuzwa no kwibanda mugukoresha imbuga nkoranyambaga nibyo byatumye umukobwa uzwi nka YOLO THE QUEEN ku mbugaze nkoranyambaga agaragarizwa urukundo n’ibyamare bikomeye cyane nka DIAMOND Platnumz ndetse n’umuraperi ukomeye cyane ku Isi DRAKE.

Yolo The Queen yakomeje kwamamara cyane kubera amafoto atandukanye yerekana ikimero cye akunda gusangiza abamukurikira kumbugankoranyambaga ze by’umwihariko instagram, akomeje kwerekana ko ariwe munyarwandakazi uteye neza muri Kigali.

View this post on Instagram

A post shared by Wake Pray Slay🌎 (@yolo_the_queen_)

Ibi bikaba byahamijwe n’abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma y’amafoto yashyize hanze mu minsi ishize abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram aho abatari bake bagiye batangarira imiterere y’umubiri we.

Yolo The Queen amafoto asangiza abamukurikira agaragaza ikimero cye ni yo akurura benshi barimo n’ibyamamare bifite ibigwi n’amateka birebire ku isi. Akurikiranwa n’abarimo umuraperi Aubrey Graham, Drake ukorera umuziki muri Amerika ariko akaba afite inkomoko muri Canada, n’abandi.


Yolo The Queen, ifoto nshya yashyize hanze yambaye bikini zavugishije abanya-Uganda ndetse hari n’ibitangazamakuru byayigarutseho birimo n’ikitwa showbizuganda.com gisanzwe kigaruka ku myidagaduro.

Reba andi mafoto y’uyu munyamidelikazi mu bihe bitandukanaye




Comments

ribanje gaule 4 May 2022

burya hari abarya ibihiye n’abarya ibibisi


riyolo 4 May 2022

uyu niwe ukwiriye kuba miss wisi yose