Print

Amafoto y’ibyamamare byitabiriye igitaramo cya Marina cyo kwizihiza umunsi w’Irayidi(AMAFOTO)

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 3 May 2022 Yasuwe: 1423

Ni igitaramo cyabereye muri Gift Restourent cyaranzwe n’ibyishimo byinshi cyane ko cyari kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Shaddyboo, Rocky Kimomo n’abakorana nawe ndetse n’abandi benshi.

Uyu muuhanzikazi yaririmbye indirimbo zitandukanye harimo izo yakoze wenyine ndetse nizo yagiye afatanya n’abandi bahanzi.

Muri izo ndirimbo haromo Madede, Warokoso,Ikanisa, Bimpame, Agafoto n’izindi nyinshi.

Abari bari aho bose bagaragaje ko baryohewe

Rocky Kimomo nawe ari mubitabiriye iki gitaramo

Ubwo Marina yinjiraga ahabereye igitaramo

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yafashije Marina gususurutsa abitabiriye igitaramo