Print

Niwe mugore uhiga abandi ku isi! Mu mitoma itangaje umunyamakuru Murungi Sabin yifurije isabukuru nziza umugore we

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 9 May 2022 Yasuwe: 2924

Umunyamakuru umaze kwamamara mu Rwanda ndetse no hanze yarwo kubera ibiganiro bye n’ibikorwa bitandukanye bifasha benshi yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugore we agaragaza ko yahiriwe kugira umugore ufite ubwiza buhebuje.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati"Ni we mugore uhiga abandi ubwiza ku Isiā€¦.Isabukuru nziza kandi turakundana ndetse turasa urabizi👊🏾 Blessings @raissa_murungi

View this post on Instagram

A post shared by Murungi Sabin (@murungisabin)

Sabin yamamaye mu biganiro akora bifasha imitima ya benshi ndetse bikagira n’uruhare mu guhindura ubuzima bw’abamwe.