Reba amafoto yihariye ya Perezida Kagame mu muhango wo gutaha ikibuga cya Club Rafiki(Amafoto,Video)
Yanditwe na: ISHIMWE JANE 21 May 2022 Yasuwe: 2171
Ni umuhango witabiriwe n’Umunya-Nigeria Masai Ujiri uyobora Ikipe ya Toronto Raptors, Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, abafite aho bahuriye n’ibikorwa bya siporo muri Afurika, abayobozi mu nzego nkuru za Leta, abakinnyi n’abandi.