Umwaka wa 2022 umunsi 14 Ukwezi kwa GASHYANTARE
Me NSHIMYUMUKIZA Emile Umuhesha w’inkiko w’umwuga, Abisabwe na MBARUTE Jean Dieu mwene HITIMANA Jean na NYIRABANZI utuye mu mudugudu w’UMURINZI Akagari kia KATABARO Umurenge wa KIMISAGARA Akarere ka NYARUGENGE Umujyi wa Kigali.
Ashingiye ku ngingo ya 49 y’itegeko No 22/2018 rwo ku wa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’Imanzaa z’imbonezamubano z’izubucuruzi iz’umurimo n’izubutegetsi.
Kandi Anashingiye kurubanza RC 00313/2020 /TB/NYGE ku wa 10/12/20201 mukirego cy’ubutane mururwo rubanza MBARUTE Jean Dieu yaburanaga na NYIRAKANANI Geraldine ,mwene BUSHARIRA Claver na MUKANYANGENZI Mariya ,Utuye mu mudugudu RUVUGIRO Akagali ka GAFUMBA umurenge wa RUSATIRA Akarereka HUYE Intara y’Amajyepfo ariko tukaba tutazi aho aherereye.
IKEMEZO CY’URUKIKO
Me NSHIMYUMUKIZA Emile no Tariki ya 14/02/2022 menyesheje NYARAKANANI Geraldine ikemezo cy’urukiko.
12.Rwemeje ko ikirego cyatanzwe na MBARUTE Jean De Dieu gifite ishigiro
13.Rwemeje ubutane hagati ya MBARUTE Jean De Dieu na NYIRAKANANI Geraldine kumakosa y’umugore ,amasezerano y’ubushyingirane bagiranye kuwa 12/08/2003 asheshwe 14.Rwemeje ko
Soma itangazo riri hasi umenye uko imikirize y’ubanza uko iteye: