Print

Ibyakorewe Bamporiki na Isaac kuki bitakorewe Castar, Prince Kid na Ndimbati ngo tugabanye ubucucike?

Yanditwe na: Joseph Iradukunda 31 May 2022 Yasuwe: 3190

Turataka ikibazo cy’ubucucike muri za Gereza nyamara tukanafunga cyane!

None ibyakorewe Bamporiki,Dr Isaac Munyakazi n’aabandi kuki bitakorerwa Castar ,Prince kid naba Ndimbati , ko byagabanya umubare munini w’abafunze?

Karegeya hari uko abona ikibazo cy’ifungwa rya hato na hato bizamura umubare w’abafunze kuko abinjira baruta kure abasohoka.

Ni mu kiganiro kirambuye gikubiyemo ubusesenguzi bw’uko abona ikibazo cy’ubucucike muri za Gereza mu Rwanda, n’icyakabaye kiba umuti aho kurunda abantu muri zagereza byitwa kubagorora.

kurikira video!