Print

"Nubwo hari impamvu zo gutera Congo na FDLR twe dusaba ko haba ibiganiro"-Depite Claude Ntezimana

Yanditwe na: Joseph Iradukunda 1 June 2022 Yasuwe: 1287

Ntezimana Jean Claude akaba n’umunyamabanga uhuraho wa Green Party. avuga ko n’ N’ubwo hari Impamvu zo gutera Congo na FDLR twe dusaba ko haba ibiganiro.

Avuga ku ntamabara ya M23 na Leta ya Congo ndetse na FDRL, abona impamvu u Rwanda rwateye Congo zumvikana ariko ibyiza haba ibiganiro hagati y’ibihugu byombi!

Icyakora na none ngo amategeko mpuzamahanga agenga imibanire yemera ko mugihe igihugu giteye ikindi,icyatewe gishobora kwirwanaho mu buryo bwo kwirinda no kurinda umutekano w’abene gihugu bacyo.
Kurikira ikiganiro aho asesengura iby’iyi ntambara.