Print

PrinceKid yafunzwe by’agateganyo! Hari abafunze barengana hari n’ababuze ibimenyetso//Mukazayire

Yanditwe na: Joseph Iradukunda 3 June 2022 Yasuwe: 1466

Prince Kid yiyongereye kuri ba Ndimbati mu bafungiye by’agateganyo ibyaha bifitanye isano n’ihohotera rishingiye ku gitsina.

Uyu we ashinjwa ibyaberaga muri Miss Rwanda!

Umunyamakuru Mukazayire Yuyu avuga ko ibimenyetso by’ihohoterwa mu rubanza basaba bigoye cyane.

Akomeza avuga ko binashoboka ko haba hari abafunze barengana cyangwa se no hanze hakaba hari abakobwa n’abagore bahohotewe ariko babuze ibimenyetso by’ibyaha bakorewe!
Ese hakorwa iki? Tubane mu kiganiro