Zari Hassan yagaragaje ko yishimiye intambwe yateye yo gukora ibintu bidasanzwe bisanzwe bimenyerewe ku bantu bakomeye kubera imisoro bisaba.
Yifashishije imbugankoranyambaga akoresha yagaragaje imodoka iri mu bwoko bwa Barbus y’umukara ifite ’Plaque’ iri mu mazina ye maze agira ati" Ndashima Imana kubw’ubu buzima".
Zari Hassan muri iyi minsi ari kuvugwa mu rukundo n’umusore ukiri muto nyuma y’uko agaragaje ko we na Diamond babyaranye gutandukana kwabo bitakuyeho ubushuti bafitanye cyane ko bafitanye igihango gikomeye cy’abana.
Zari yagaragaje ko yishimiye intambwe yateye