Aba bombi batandukanye mu gihe kitarenze amezi atanu bimenyekanye ko bari mu rukundo.
Chaney Jones n’umwe mu banyamideli bakomeye muri Leza zunze ubumwe z’Amerika aho usanga yamamariza ama Kompanyi menshi akomeye akaba n’umwe mu banayamideli banditswe cyane n’ibitangazamakuru bikomeye kubera ubwiza bwe n’ikimero bivugisha benshi.
Chaney Jones tandukanye na Kanye West nyuma yuko yari yaramaze kwishyiraho Tatoo y’izina rye rishya ’Ye’.