Print

Kuba Kongo yarinjiye muri EAC ikaba ishinja RDF gufasha M23 gufata Bunagana uyu muryango umaze iki?

Yanditwe na: Joseph Iradukunda 17 June 2022 Yasuwe: 1221

Ese niba Kongo yinjiye muri EAC vuba aha ariko ubu ikaba ishinja RDF gufasha M23 kwirukana FARDC mu mujyi wa Bunagana , aho iyi miryango s’ikibazo gikomeye!

Ivugwa ni EAC,AU cya UN iyi miryango ntiyaba ari baringa cyangwa idafite igisubizo cy’ibibazo byugarije abaturage batuye ibihugu biyigize?

Tubane mu kiganiro na Karegeye JB Omar