Print

Umunyamakuru w’imikino Horaho Axel agiye gutura muri Amerika(AMAFOTO)

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 18 June 2022 Yasuwe: 3430

Horaho Axel asangayo mugenzi we Taifa bakoranaga umaze igihe gito we n’umuryango we bagiye gutura muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Horaho Axel na Masera Nicole Nirira usanzwe atuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bari bakoze imihango ya gakondo y’ubukwe ndetse no mu idini, mu mihango yabereye mu ntara y’Amajyepfo.


Aba bombi bakoze ubukwe nyuma y’umwaka basezeranye imbere imbere y’amategeko mu muhango wabaye kuwa 18 Werurwe 2021 mu murenge wa Ngoma.

View this post on Instagram

A post shared by Horaho Axel (@horaho_axo)