Uyu munyamakuru yongeye kurikoroza ku imbugankoranyambaga ubwo yagaragaraga ari mu myambaro y’igitsina gore benshi bibaza icyaba cyabimuteye.
Ikinyamakuru Page Six cyatangaje ko Asap Rocky yagaragaye atembera mu Mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe z’America yambaye ijipo ikoze mu ruhu yakozwe n’inzu y’imideli ya Givenchy.
Bamwe mu babonye amafoto ye ubwo yacicikanaga ku imbugankoranyambaga bagaye imyambarire y’uyu muraperi ndetse bavuga ko ari imyambarire itabereye umuntu w’Umugab.