Print

AMASHIMWE MU BUHAMYA BIKOMEJE KUBA BYINSHI KUBANTU SHANGAZI DATIVE YAFASHIJE MU KUBAKEMURIRA IBIBAZO BYO KURANGIZA VUBA,KUBURA UBUSHAKE NO GUCIKA INTEGE.

Yanditwe na: ISHIMWE JANE 14 October 2022 Yasuwe: 9475

Mubiganiro asanzwe acisha ku rubuga rwe rwa youtube rwitwa MASENGE TV humvikanyemo umugabo yafashije wari ufite ikibazo cyo kurangiza vuba aho yakoraga Imibonano mpuzabitsina akamara iminota mike ariko aho ahuriye na shangazi dative akamuha imiti yifashisha avuga ko byahindutse ubu nuwo bashakanye bishimanye.

Ndetse abicishije mu mafoto yafashe kuri watsapp (screenshots) atwereka ubundi buhamya bwabantu batandukanye bandikiranye bamushimira banamubwira impinduka bamaze kubona nyuma yaho bahuriye na shangazi dative
Shangazi Dative agira ati biranshimisha iyo umuntu ampamagaye cyangwa akanyandikira anshimira

Biranshimisha kandi ngashima n’Imana yo yampaye ubu bushobozi nkaba ndumugisha kubantu benshi

Asoza avuga impamvu ahitamo kwereka abantu ubuhamya aba yahawe nabo yafashije nuko abantu benshi bitewe nuko baba barabeshywe nabantu bababwira ko babafasha bikarangira babariye amafaranga yabo ntibanakire aba agira yereke abantu ko we abafasha kandi bigakemuka.

Kubantu bafite ibibazo ibibazo byo kurangiza vuba ndetse no kubura ubushake mu gihe cyo gutera akabariro ndetse nabakobwa nabagore bakeneye urubohero bagana shangazi aho akorera mu mugi wa Kigali hirya yahahoze gereza ya nyarugenge munsi ya station ya SP ku cyapa cya KN 289 ST cyangwa ukamuhamagara kuri 0783441825 iri no kuri watsapp


Comments

ABDU 12 November 2022

BAFASHE ARIKO UZANAFASHE ABIKINISHA KUKOBARABABAJE