Print

Haruna Niyonzima yaguzwe n’ikipe yo muri Libya

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 31 December 2022 Yasuwe: 2508

Niyonzima Haruna wari Kapiteni wa AS Kigali yaguzwe n’ikipe ya Al Ta’awon SC yo muri Libya ku masezerano y’umwaka umwe.

Azerekeza muri Libya bitarenze tariki ya 15 Mutarama 2023.Ikipe ya AS Kigali yamaze kwemeza ko batandukanye.

Haruna Niyonzima yagarutse mu ikipe ya AS Kigali yabereye Kapiteni mu 2019. Haruna yakiniye Yanga Africans hafi imyaka 8.