Print

Kigali : Umuzungu yakuyemo imyenda yose ahagarara mu muhanda abuza imodoka gutambuka[AMAFOTO]

Yanditwe na: Rebecca UFITAMAHORO 27 June 2023 Yasuwe: 9383

Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Kanama 2023, mu Karere ka Gasabo, mu muhanda w’ahazwi nko ku mushumba mwiza hagaragaye umugabo w’umuzungu bikekwako afite uburwayi bwo mu mutwe , akuramo imyenda yose yari yambaye maze ajya mu muhanda rw’agati , abuza abagenzi n’imodoka gutambuka.

Ibi byabaye nk’agashya kabaye bwa mbere kuko n’ibwo hagaragaye umuntu w’uruhu rwera ufite iki kibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe mu Rwanda.

Byabye ngombwa ko Umupolisi ukora mu ishami ryo mu muhanda ko aza akura uyu murwayi wo mu mutwe mu muhanda maze imodoka zibona gutambuka.