Abdel Fattah wahoze ari umugaba w’ingabo za Misiri, yafashe ubutegetsi nyuma yo guhirika Mohammed Morsi wari ukuriye Muslim Brotherhood, mu 2013.
Ku butegetsi bwe, Abdel Fattah yashinjwe n’Abaharanira inyungu rusange gukandamiza bunyamaswa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe ndetse no gusenyuka kw’ubukungu bwa Misiri.
Itegeko nshinga mu Misiri ryahinduwe mu myaka 4 ishize hagamijwe kongera imyaka Perezida amara ku butegetsi no gukomeza guhangana nabashaka kubumuhirikaho.