skol
fortebet

Itel yashyize ku isoko telefone nziza cyane ifotora amafoto y’ubudasa ku giciro kiri hasi cyane[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 22, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Si buri muntu wabasha kugura smartphone ya 200,000frw cyangwa arenze.Mugihe ufite amafaranga macye wihangayika ngo wihebe ko utatunga smartphone igezweho! itel igufitiye smartphone yitwa P32 yujuje byose ucyeneye kandi iri kugiciro cyoroheye abakiriya.

Sponsored Ad

itel mobile iri muri companyi zikunzwe muzicuruza telephone muri Africa aho mugihembwe cya 3 cy’umwaka wa 2017 ariyo yabashije gucuruza telephone nyinshi muri Africa. itel irizeza abakiriya bayo gukomeza kubagezaho telephone nziza kandi ziri kugiciro kiboroheye.

Kumafaranga 75,000frw, itel P32 iri muri telephone zambere zihendutse ugereranyije n’ibyiza byinshi ifite.Mu ikoranabuhanga rigezweho, itel P32 ni telephone ifunguzwa urutoki aho uba wizeye umutekano,umubyimba wa 8.8mm uyiha kuba smartphone igaragara neza igihe uyifite.

BATTERY IMARANA UMURIRO IMINSI 3 YOSE

Gutunga telephone ihora igutenguha mugihe uba ukiyikoresha igahita ishiramo umuriro bituma ubihirwa n’umunsi wawe. Itel P32 yaje kukuruhura kwirirwa utwaye charger aho ugiye hose! Muburyo bw’umwimerere kandi butekanye,P32 ifite battery yihagije mukubika umuriro kuko ifite 4000mAh!! ibi biguha kuyikoresha iminsi 3 utiriwe wongeramo undi muriro.

IMIKORERE YIHUSE

Usibye ubwiza bugaragarira kumaso mugihe ufite itel P32,iyi telephone ikoranye Processor ya Quad-Core 1.3GHz ifashwa na 1GB RAM ndetse n’ububiko bwa 8GB biyiha kwihutisha ibyo uyisabye ukabibona mugihe gito cyane.Ikindi giha iyi smartphone ubudasa ni Android igezweho ya 8.1 Oreo.

ABAKUNZI B’AMAFOTO NAMWE MURAHISHIWE.

Itel P32 ifite camera 2 z’inyuma zikorana ngo ubashe gufata ifoto y’umwimerere.ifite kandi camera y’imbere kubakunda selfie.ntampungenge rwose kuko no mugihe hari umwijima nabwo ubasha gufotora kuko P32 ifite umurabyo imbere n’inyuma.

Itel P32 iraboneka mumabara atandukanye ni ahawe ngo wihitiremo iryo ukunda kandi wishimira.

itel P32 iraboneka mumaduka ya itel mugihugu hose ndetse urabasha guhabwa impano igihe uyiguze. Witinda nawe gera ku iduka rya itel mobile rikwegereye utahane iyawe uyu munsi.

Ibindi bisobanuro wasura imbuga nkoranyambaga za itel Rwanda kuri facebook na instagram.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa