skol
fortebet

#KUNDUBUZIMA: Menya ibitera indwara y’igifu, uko wayirinda n’uko wahangana nayo ukayikira burundu

Yanditswe: Wednesday 08, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Igifu ni rumwe mu ngingo zifitiye akamaro gakomeye umubiri wacu ; aho kigira umumaro mu igogorwa (gutunganya ibiryo) ry’ibiryo n’ibyo tunywa byose. Ni kimwe mu nyama zo mu nda, giherereye ku gice cy’iburyo munsi gato y’igicamakoma (diaphragm).

Sponsored Ad

Abantu bose ntibagira igifu kingana, ingano igenda itandukana kuri buri wese. Mu bihe bisanzwe igifu gishobora kwakira hagati ya litiro 1 na 2 z’ibyo kurya ndetse n’ibyo kunywa uba wafashe. Igifu kandi kirakweduka kuburyo gishobora kwakira hagati ya litiro 3 kugeza kuri 4 z’ibyo kurya no kunywa waba wafata.

Ariko iyo gikwedutse cyane bitera ibibazo ; ni hamwe umuntu yumva yabyimbye inda rimwe na rimwe akarwara ikirungurira, kuko igifu kiba kiremerewe n’ibikirimo bituma kitabasha kubivanga neza ngo kibisye bityo bikomeze bigabanuke mu gifu, aribyo bita “indigestion”.

ESE IYI NDWARA ITERWA N’IKI ?


Kugira udusebe ku gifu (ari byo bita gastric ulcers), biterwa ahanini n’ibi bikurikira :

Helicobacter pylori (soma : elikobagita pirori) ; ni utunyabuzima two mu bwoko bwa bagiteri twibasira igifu tukaba twatera uburibwe bukomeye ku gifu, ndetse na infection. Izi bagiteri iyo zibasiye igifu zigenda zishimashima impande z’igifu ariko hagenda hacika udusebe, ibi bikaba bibabaza cyane.

Ikoreshwa cyane ry’imiti igabanya uburibwe (cg ububabare) nka ibuprofen, diclofenac, aspirin n’indi yo muri ubu bwoko. Nubwo iki kibazo gikunda kuba ku bantu bakoresheje iyi miti igihe kirekire cg igihe habayeho kunywa imiti myinshi irengeje urugero.

Imibereho ; ku bantu bahora bahangayitse, batishimiye ubuzima babayemo cg se abantu bakora akazi kavunanye batajya babona umwanya wo kuruhuka uhagije baba bafite ibyago byinshi byo kuzana utwo dusebe ku gifu.

Kunywa itabi ndetse no kunywa inzoga cyane
Abantu barwaye kanseri y’igifu nabo bafite ibyago byinshi byo kurwara utu dusebe.

Dore bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko ushobora kuba urwaye iyi ndwara :

  • Igihurirwaho na benshi, ni ukugira ububabare bukomeye mu gice cy’inda yo hagati ndetse n’ahazamuka hegereye mu gatuza. Ubwo bubabare buraza bukagenda.
  • Kumva umeze nkuri gushya mu bitugu ahahurira inshyi z’amaboko. Wumva hameze nk’aharimo akanyengetera.
  • Ibindi bimenyetso twavuga harimo : kubura appetit, kugira iseseme, guta ibiro, rimwe na rimwe kwituma amaraso (cg se ibisa umukara).

Ese waba uzi ko hari imiti myimerere yagufasha gukira iyi ndwara ?

Hari igihe waba ufite ubu burwayi bwarakuzengereje, ariko ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration, n’ibindi). Iyo miti rero ikaba yica udukoko dutera utwo dusebe ndetse ikadukiza ,kuburyo iyo uyifashe uko wabibwiwe ukira ugasubira ku byo waryaga. Muri iyo miti twavugamo nka : Propolis plus capsule, Spirulina Capsule, Zinc tablet,……Iyi miti nta ngaruka igira ku wayikoresheje.

Iyo miti nta zindi ngaruka igira ku muntu wayikoresheje kuko ikoze mu bimera kandi ikaba ari umwimerere.

Uramutse ukeneye iyi miti wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0 winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUTI na MTN CENTER na BANK OF AFRICA HASI KURI PARKING winjira muri CHIC IMBERE Umuryango D055A

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) cyangwa 0788865515
Mwanasura urubuga rwacu rwa arirwo www.kundubuzima.rw

Ibitekerezo

  • Ubaye ufite cyangwa Uzi umuntu ufite ikibazo cyuburwayi bw’igifu mwatugana tukabafasha; +250 780249742

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa