skol
fortebet

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu

Yanditswe: Friday 26, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa (...)

Sponsored Ad

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.

REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo.

REVIVE CAPSULE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw’imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw’intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.

REVIVE CAPSULE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE CAPSULE

  • Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
  • Yongera libido ku kigero cyo hejuru.
  • Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno.
  • Yongera umusaruro wintanga mu bwiza n’ubwinshi.
  • Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
  • Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
  • Ivura guhorana umunaniro ukabije...

INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE CAPSULE mu rugo iwawe.

  • Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n’ipfa ry’imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza.
  • Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore.
  • Nta ntonganya n’ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.

UWAKORESHEJE REVIVE CAPSULE

  • Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk’imana y’URUKUNDO rwe mu buzima bwe.
  • Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana nawe azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa.
  • Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

UKO REVIVE CAPSULE IFATWA

  • Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y’akazuyaze.
    Revive ntabwo ikoreshwa igihe cyose ukeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkuko benshi babyibaza.

Ushaka REVIVE CAPSULE wadusanga aho dukorera iruhande rwa hotel okapi cyangwa tukayibagezaho aho muherereye.

Ababyifuza bari mu ntara z’igihugu n’inyuma y’igihugu twategura uko twazabibagezaho nyuma yicyi kiza cyatugwiriye.

Uramutse ukeneye iyi miti wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0 winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUTI na MTN CENTER na BANK OF AFRICA HASI KURI PARKING winjira muri CHIC IMBERE Umuryango D055A

Mwaduhamagara kuri 0785686682 /0786493913 (WHATSAPP) cyangwa 0788865515
Mwanasura urubuga rwacu rwa arirwo www.kundubuzima.rw

Ibitekerezo

  • Nibyiza iyo miti ariko ntabuhamya bwabayikoresheje tubona nicyo kibazo

    Ubwose ituruka mubushinwa hanyuma bakaba aribo bambere batazi kurongora!

    Amafaranya ya Revive capsule ni kenshin.Muzsbyigeho agabanuke ubundi muyidusesekazeho.

    Ko mutatubwiye ingaruka mbi igira kubuzima kd nkuko tubizi mubuvuzi ubwaribwo bwose, imiti igira side effects ndetse bakana zigaragaza mbere yokuyikoresha ubwo bivuzeko revive yo ntazo igira?

    igura angahe x?

    Iyi miti ihabanye nuko muyamamaza kbx ntacyo ifasha kd irahenze ntanicyo yongera mugikorwa rwx ahubwo itera umutwe uryana kubi

    Iyi miti ihabanye nuko muyamamaza kbx ntacyo ifasha kd irahenze ntanicyo yongera mugikorwa rwx ahubwo itera umutwe uryana kubi

    Ntabwo bikora mwafashe fake sildenafil muyivanga nindi bintu ahubwo byakwica umuntu. Ikigo gishinzwe imiti kigomba kubakoraho iperereza pe.

    Murye muri menge...RIB yarabihanangirije ark ntimwumva. Mwirirwa mubeshya abanyarwanda kdi mubacucura udufaranga twanyu mubaha ibintu bidakora na busa.

    Ugura angahe ko mwushaka?

    Mfite ikibazo
    Mbe biremew gukora imibonano utaraheza cure y’ivyo binini vya revive de capsules ?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa