skol
fortebet

Ya miti yari yarabuze ifasha abagabo barangiza vuba n’abagore batagira ubushakeke,yabonetse kandi yemewe n’ibigo by’ubuziranenge

Yanditswe: Monday 08, Nov 2021

featured-image

Sponsored Ad

Tubahaye ikaze kwa Masenge Life Center. Ntabwo bikiri ibyo kwamamaza ahubwo twumva dutewe ishema no kubwira abantu bose ko kwa Masenge Life Center hari umwihariko.

Sponsored Ad

Shangazi Dative afitiwe icyizere na benshi muri iki gihugu kubw’ubunararibonye yerekanye ku miti atanga.

Ubwe yivugira ko kubera gufasha abubatse Ingo na benda kuzishinga igihe kirekire yasanze bugarijwe n’ibibazo bikomeye birimo kuba abagabo batagikora igikorwa cyo mu buriri uko bikwiye hakaba n’ikindi kibazo cy’uko abagore nabo hari ababura ubushake mugihe cy’imibonano mpuza bitsina,ibyo bikaba ishingiro rikomeye ry’ibibazo mwumva bibera mu ingo.

Ibyo byatumye Shangazi Dative agira umwete wo kumenya by’ukuri imiti nyayo yafasha abubatse ingo bafite ibyo bibazo.

Avuga ko mbere y’imyaka nk’itatu ishize by’ukuri nta miti nyayo yarihari yafashaga abagabo cyangwa abagore babaga bafite ibyo bibazo byo kubura ubushake no gucika intege mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina,ngo nubwo hari benshi babyamamazaga wasangaga by’ukuri imyinshi muri iyo miti bamamazaga ntacyo yamariraga abayifashe.

Shangazi Dative ubu yiyemeje gushinga ivuriro Masenge Life Center nyuma y’uko abonye hari imiti noneho irigukemura ibyo bibazo byugarije abubatse ingo.

Kwa Masenge Life Center uhasanga imiti yizewe yo mu bimera kandi ikozwe mu buryo bw’ibinini ifasha abagabo bagera mugikorwa cy’imibonano mpuzabitsina bakarangiza mbere y’igihe giteganijwe ndetse n’ababura ubushake burundu, Shangazi Dative afite kandi imiti ifasha abagore babura ububobere,amavangingo n’ubushake mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.

Ikindi hari urubohero ku bakobwa n’abagore bataciye imyeyo,ubwe arabibakorera bakagwiza vuba ,akaba yanabaha umuti wezewe utagira ingaruka ku mubiri ubafasha ku byikorera bakagwiza vuba

Hari n’imiti gakondo y’abanyarwanda afitiye ikizere ko ikiza indwara zitandukanye z’irimo igifu,imiti y’inzoka ,.........
Kwa Masenge Life Center ni ho hantu hari ikizere cyo gukira kuko twakira benshi bagiye bivuriza ahandi hatandukanye ariko bagera kwa Masenge Life Center bakahabona umuti ubakwiye n’abaganga(Doctors) ubwabo baza kwivuza Kwa Masenge Life Center kuko tuba dufite imiti y’umwihariko utapfa gusanga ahandi.

Nk’uko muza kubyumva muri Video ari ku musozo w’iki kiganiro Shangazi Dative afite ubumenyi bwihariye kubijyanye n’imiti y’indwara zimwe na zimwe cyane cyane izibasira imyanya ndangagitsina.

Masenge Life Center iherereye mu mujyi wa Kigali hafi na station SP iri hafi y’icyapa cya Taxi cy’ahahoze Gereza ya Nyarugenge.
Ugeze muri Gare yo mu Mujyi wahamagara iyi numero tukakurangira

Tel: +250783441825

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa