skol
fortebet

FORTEBET RWANDA yishyuye arenga miliyari ebyiri FRW abatsinze mu byumweru bibiri gusa

Yanditswe: Friday 03, Nov 2023

featured-image

Sponsored Ad

Kompanyi y’imikino y’amahirwe ya Fortebet ishami ry’u Rwanda yatangaje ko yishyuye abakiriya bayo akayabo ka miliyari zirenga ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda abakiriya bayo batsindiye mu byumweru bibiri gusa.

Sponsored Ad

Nyuma y’iminsi abakiriya ba Fortebet bavuga ko batarishyurwa,iyi kompanyi yamaze kwishyura abakiriya bayo bose ndetse yemeza ko bizakomeza kugenda neza.

Mu butumwa yashyize hanze,Fortebet Rwanda yagize iti "Twishimiye gutangaza ko FORTEBET yishyuye arenga miliyari ebyiri FRW ku bakiriya bacu batsinze b’agaciro bo mu Rwanda batsinze.

Mu byumweru bibiri bishize,twabonye umubare udasanzwe w’abantu benshi batsindiye akayabo.Mwishyuke abatsinze mwese.Intsinzi yanyu izanira ibyishimo umuryango wose wa FORTEBET!.

Ibi bihe by’intsinzi byaduteye ibyishimo bidasanzwe ariko byanateje ibibazo mu mikorere,by’umwihariko mu bijyanye no kwishyura.Ntimuhangayike,ubushake bwacu bwo gutuma uwatsinze abona amafaranga yose yatsindiye ntibuzigera buhagarara.Ubuyobozi bwa FORTEBET buri gukora ubudatuza ngo bikunde.

Nubwo amabwiriza mpuzamahanga ateganya kwishyura mu gihe kiri hagati y’iminsi 30-60,FORTEBET yishimiye kuyigabanya ikajya hagati y’iminsi 7-14.Turajwe ishinga no gutuma mubona amafaranga mwatsindiye mu buryo bwihuse uko bishoboka kose.

Niba hari umukiriya wacu ugitegereje kwishyurwa,ntazuyaze kuduhamagara ku biro byacu igihe cyose amasaha 24/7 akoresheje nimero zacu ziri ku rubuga www.fortebet.rw.

Nka FORTEBET LTD,twiyemeje kubaha serivisi z’agahebuzo kandi tukizera neza ko buri mukiriya wacu wese anyuzwe.Murakoze kuba ab’agaciro mu muryango wa FORTEBET,kandi twiteguye gufatanya kwishimira intsinzi hamwe namwe.

Turabashimiye,FORTEBET LTD.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa