skol
fortebet

Igisubizo ku bagabo bafite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro

Yanditswe: Friday 14, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Urugo ni ikintu gikomeye aho umugore n’umugabo bakundana bakageza aho bumvikana kubana ubuzima bwabo bwose, gusa na none mu gihe bari mu gikorwa cyo gutera akabariro ntikigende neza bishobora kuba intandaro yo gusenya umunezero wabo ndetse bikaba byanatuma basenya.

Sponsored Ad

Igikorwa cyo gutera akabariro kiza ku isonga mu kubaka urugo ndetse no gutuma rukomera kuko iyo icyo gikorwa kitagenda neza bikurura amakimbirane mu muryango byaba na ngombwa urugo rugasenyuka.

Shangazi Dative wiyemeje gufasha abantu mu kubaka umuryango uhamye kandi unezerewe yagaragaje zimwe mu mpamvu zishobora gutuma urugo rusenyuka harimo kuba umugabo ashobora kuba agira ikibazo gituma arangiza vuba umugore we ntanyurwe bikaba byakurura amakimbirane mu muryango cyangwa se bikabasenyera kuko ariho bihera abashakanye bacana inyuma.

Mu kiganiro yanyujije ku rubuga rwe rwa Youtube MASENGE TV Shangazi yavuze ko ikibazo cyo kurangiza vuba ku bagabo kuri ubu gifatwa nk’icyorezo kuko ari ikibazo kibasiye abagabo benshi kitagendeye ku myaka baba bafite.

Shangazi avuga ko kurangiza vuba ku bagabo ari ikibazo gikomereye benshi cyane ko bamwe batinya no kukivuga gusa ashimangira ko ushoboye kubohoka wese akamugana amuha umuti kandi agakira neza umunezero ukongera gutaha mu rugo rwe.

Si abagabo gusa kandi kuko Shangazi avuga ko afasha n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bishobora gutuma bataryoherwa mu gihe bari gutera akabariro cyangwa se ngo bashimishe abagabo babo birimo abagore batagira ubushake ndetse n’abatagira amavangingo mu gihe bari gutera akabariro.

Ikindi kandi ku bagore n’abakobwa bataciye imyeyo Shangazi arabafasha bikaza vuba kubera ubumenyi n’uburambe abimazemo ubu amahanga arimo kumutumira kujya kubigisha uwo muco.

Shangazi yashimiye cyane abo yafashije bakomeje gutanga ubuhamya bwiza bw’uko bakize ndetse n’abandi bakomeje ku mugana abizeza kubafasha akabavura bagakira kandi neza, bagahora barangwa n’ibyishimo nk’umuryango.

Avuga ko Atari ngombwa ko uba utuye I Kigali kuko aho waba uri hose mu Gihugu bakoherereza imiti kandi ikagufasha.

Ntago ari abari mu Rwanda gusa kuko n’abashaka imiti bari mu bihugu bitandukanye Shangazi arayiboherereza ikabageraho kandi neza.

Wifuza ko agufasha wamusanga aho akorera mu mugi wa Kigali hirya yahahoze gereza ya Nyarugenge ugeze kuri station ya SP cyangwa se ugahamagara Telephone igendanwa +250783441825/+250726235276.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa