Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akamwemeza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > ad_restriction
ad_restriction
Articles
-
Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza
12 July 2025, by ISIMBI Estella -
Thomas Tuchel agiye gutoza u Bwongereza
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmudage Thomas Tuchel wigeze gutoza Chelsea, agiye kugirwa Umutoza w’u Bwongereza ndetse azaba abaye umunyamahanga wa gatatu utoje iki gihugu nyuma ya Sven-Goran Eriksson na Fabio Capello.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
19 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 09-13 Gashyantare 2026 byinjije arenga miliyoni 13$, ni ukuvuga arenga miliyari 19 Frw.
-
Perezida Kagame yakebuye abayobozi banga gukemura ibibazo by’abaturage babatakambiye
8 February 2022, by SHEMA EMMANUELUmukuru w’igihugu Paul Kagame yagaragaje ko abayobozi batandukanye badakwiye kumva ibibazo by’abaturage ngo barebere ahubwo bakwiye gufata iya mbere mu kubikemura kuko ari inshingano zabo.
Umuryango.rw
Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza
Thomas Tuchel agiye gutoza u Bwongereza
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
Perezida Kagame yakebuye abayobozi banga gukemura ibibazo by’abaturage babatakambiye