skol
fortebet

"Inzara izacika ari uko MINAGRI iciwemo ibice bibiri": Joseph HAKUZWUMUREMYI

Yanditswe: Monday 16, Oct 2023

featured-image

Sponsored Ad

Kuriira ikiganiro kirambuye ku cyarandura inzara burundu mu Rwanda mu mboni z’umusesenguzi Joseph Hakuzwumuremyi.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • Isesengura mwakoze ni ukuri kwambaye ubusa. Ikibazo se ubu babyumvise?! umubyeyi wacu Paul kagame uwampa iki kiganiro kikamugeraho. Naho ubundi Ubuhinzi butanga ibiryo nta mwanya bufite.ahari ubutaka bwo guhingwa ku mudugudu nta mugoronome uhari kdi hari byibura 200ha zihingwa n,abacyeneye kurya. Ku kagari hari 1000ha nta mugoronome uhari, uwo babeshya ngo arahari yirirwa mugushaka mutuel n,amaraporo atarangira. Ku murenge ufite 5000ha haba agronome wa minaloc ugomba kugera mu midugudu 30, ushinzwe kureba ibigori, Ibishyimbo, imyumbati, Urutoki, amasaka,kawa, imboga,urusenda, kuhira imyaka, kurwanya isuri,uburwayi bw,ibihingwa byose, gushaka ifumbire y, abahinzi, gucunga ubucuruzi bw, ifumbire mvaruganda, gushakira inganda ibyo zohereza mu mahanga,....ashinzwe imihigo, raporo za buri munota, ashinzwe amakoperative, business promotion, essance ahabwa igiciro cyayo nicyo muri 2007 : rero harikibazo gikomeye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa