Ku wa kane, tariki ya 16 Gicurasi, Inama y’Itegeko Nshinga ya Tchad yemeje ko Mahamat Idriss (...)
Ikibazo cya demokarasi ni cyo cya mbere gihangayikishije abaturage kurusha iby’ubukungu (...)
Isiraheri ikomeje guhunga ingufu zose zikoreshwa kugirango imirwano ihagarare mu ntambara yayo (...)
Nyuma y’umwuka mubi wari umaze iminsi hagati ya Guverinoma ya Congo na Arkiyeskopi wa Kinshasa, (...)
Perezida Joe Biden na Donald Trump, bazahangana mu matora yo kw’itariki ya 5 y’ukwa 11 gutaha, (...)
Intandaro y’iki cyemezo, nk’uko ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky byabitangaje ku mbuga (...)
Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken yagaragarije (...)
Perezida wa Guinée-Conakry, Mamadi Doumbouya yagaragaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame muri (...)
Umuvugizi wa leta ya Congo Kinshasa yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” (...)
Abanyamerika baritegura amatora y’umukuru w’igihugu mu kwezi kwa 11 gutaha. Bazahitamo hagati ya (...)
Leta y’u Rwanda yavuze ko “biboneka neza ko hari ikintu kitagenda neza mu Burundi” kuba leta yaho (...)
Inteko rusange ya Loni yemeje ko Palestine yujuje ibisabwa byose kugira ngo yitwe (...)
Jenerali Mahamat Déby, yatangajwe ko ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu cya (...)
Umuryango w’ubumwe bw’uburayi, wafashe icyemezo cyo kutongerera igihe ingabo ziri mu butumwa bwo (...)
Kompanyi ya Kenya yo gutwara abagenzi mu ndege, Kenya Airways, ivuga ko abakozi bayo bafunguwe (...)