Urubyiruko rugera kuri 50 rwaturutse mu karere ka Rwamagana ruyobowe n’ubuyobozi bwa karere n’umufatantabikorwa wabo Gashumba Foundation basuye igicumbi cy’intwari giherereye I Remera, baza no kwerekeza ku rwibutso rukuru rwa Kigali ku Gusozi.
Umupasiteri wo mu itorero rya Pentecostal chuarch muri Afrika y’epfo,witwa Isaac Ngwenya yatamajwe n’umunyeshuri yoherereje ubutumwa kuri whatsApp amwizeza ko afite igitsina gitagatifu [cyera]...
Umugore wo muri Kenya witwa Lynder Cherono na Brian Kigen bashakanye muri uku kwezi ku ya 4 Kamena nyuma yo gutangira umubano wabo waturutse ku butumwa bwa Facebook.
Cherono yabwiye urubuga rwa...
Umushabitsi ukomeye akaba na kizigenza mu gukoresha imbuga nkoranyambaga, Huddah Monroe yibasiye bikomeye umuhanzi wo muri Nigeria Tiwa Savage amuziza amagambo aheruka gutangaza ko adashaka...
Umukinnyi wa ruhago,Andy Carroll,ukunze gukora ibintu bidasanzwe yerekanye ko yiteguye gusaba imbabazi umukunzi we bakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize,nyuma yo kugaragara mu gitanda yasinze...
Kubera ishyari no kutigirira icyizere,umugabo w’Umuhinde yakoze amahano aca ikiganza cy’umugore we ahereye mu bujana kugira ngo amubuze kwinjira mu kazi k’ubuforomo yahawe na leta, cyane ko yumvaga...