Muri Kenya umukandida witwaga umurwayi wo mu mutwe kubera kwiyamamaza kandi ari umukene, Peter Salasya, yegukanye umwanya w’umudepite mu matora yabaye mu cyumweru gishize.
Ku wa Kabiri tariki ya 17 Ukwakira 2017 nibwo Pasiteri Philip Muguzada yatangaje ko Imana yisubiyeho yigiza inyuma urupfu rwari rutegereje Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe nk’uko uyu mukozi...
Umugore witwa Sarah Zaad ufite imyaka 43 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Brazil avuga ko iyo ari gukorera abakiriya be massage yifashisha inzoka yemeza ko bose ibibazo byabo bataha byakemutse....
Pasiteri Phillip Mugadza wahanuye ko Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yagombaga gupfa kuwa Kabiri Tariki ya 17 Ukwakira 2017, yatangaje ko bitagikunze kuko Imana yisubuyeho.
Muri Mutarama uyu...
Mu gihugu cya Nigeria, haravugwa inkuru y’abantu baguye muri Koma “Coma” bajyanwa mu bitaro kubwo gutinya igikapu umukobwa w’umuturanyi wabo yari yaguze gikozwe mu ruhu rw’inzoka ya Pyton.
Kuri uyu...