Umunyamakuru wo kuri TV uzwi cyane muri Afurika yepfo, Moshe Ndiki, wapfushije imbwa ye, Sugar Ndiki, yayikoreye ibirori bihambaye byo kuyisezeraho.
Umuryango wa Ndiki n’inshuti bateraniye mu birori bikomeye byabereye mu nzu ye yari iteguye neza.
Yayikoreye imihango idasanzwe yo kuyishyingura,aho yanashatse abategura ibirori kugira ngo umuhango wo...