Ni imirwano ije mu gihe harimo kuvugwa ibiganiro hagati ya Perezida Félix Tshisekedi n’abahagarariye imitwe yitwaje intwaro igera ku icumi ikorera mu Burasirazuba bwa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko tariki 21 Mata 2022, rwafashe abantu babiri mu Mujyi wa Kigali bari bagiye kugurisha ubutaka butari...
Muri iki cyumweru turi gusoza Aba badepite barateranye bavuga ko batumva uburyo hari ibikorwaremezo bihagije byashyizweho ndetse byanatumye internet ibasha kugera mu gihugu hose ku kigero cya 66%...
Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, akanagirana inama y’akazi akanasangira ifunguro ryo ku manywa na Minisitiri...
Perezida Kagame abinyujije kuri Twitter yavuze ko nyakwigendera Mwai Kibaki asize byinshi azibukirwaho birimo n’impinduka yazanye mu bukungu bwa Kenya.