Umuhungu tubana mu gipangu arankurura nkumva nifuza ko turyamana- MBIGENZE NTE?
Yanditswe: Friday 09, Feb 2018
Muraho? Ni mumfashe mungire inama. Ndi umukobwa w’imyaka 22 ukibana n’ababyeyi. Mu gipangu cyacu harimo umusore uhakodesha ariko amaze kundwaza umutwe kubera imiterere ye ituma mwifuza uko mubonye.
Mu by’ukuri nta kintu na kimwe mbuze kuko buri kimwe cyose mu rugo barakimpa, gusa ntibabasha kunkora aho ntikora. Uwo musore tubana mu gipangu ni umusore mwiza w’ibigango mbese buri mukobwa wese yakwifuza gukundana nawe kuko yaba mu mico no mu myitwarire ni ntamacyemwa.
Uyu musore ntakunda kuba (...)
Muraho? Ni mumfashe mungire inama. Ndi umukobwa w’imyaka 22 ukibana n’ababyeyi. Mu gipangu cyacu harimo umusore uhakodesha ariko amaze kundwaza umutwe kubera imiterere ye ituma mwifuza uko mubonye.
Mu by’ukuri nta kintu na kimwe mbuze kuko buri kimwe cyose mu rugo barakimpa, gusa ntibabasha kunkora aho ntikora. Uwo musore tubana mu gipangu ni umusore mwiza w’ibigango mbese buri mukobwa wese yakwifuza gukundana nawe kuko yaba mu mico no mu myitwarire ni ntamacyemwa.
Uyu musore ntakunda kuba ari mu rugo kuko afite akazi abyuka agenda agataha nimugoroba . Mu gihe atashye rero akunda kuza mu rugo kutuganiriza nkakunda ibiganiro bye cyane. Mu by’ukuri sindi umukobwa w’indaya ndetse sinkunda no gusambana pee gusa iyo mbonye ibituza by’uyu musore numva ubushyuhe bw’umubiri buzamutse nkumva ndamushatse.
Ngera geza kubyikuramo bikanga kuko muri weekend yirirwa mu rugo kandi aba arimo guterura ibyuma nareba imiterere y’umubiri we nkumva ndamushatse cyane. Nta mukunzi mfite gusa nawe simukunda nka Boy friend ariko mba mufitiye irari ry’umubiri.
Ikindi kiyongeyeho ntinya kuba natwarira inda mu rugo cyangwa nkandura SIDA kuko byababaza ababyeyi kandi sinifuza icyababaza Mama wanjye. Ni mungira inama y’icyo nakora.
Ibitekerezo
shandumva bikaze kabisa gusa ndumva wakwitonda kabisa nunese uwomusore aragukunda gusa inama nakujyira nukubyivanamo kuko ntanyuguyabyo kabisa
Wwe mubwireko umukunda cyaneeee ubundi nabyumva uzaba ubonye inzira ubundi agushimire ahutikora.
NONE SE WARAMU BWIYE ARANGA? CANGWA NTA MUGORE AFISE? NYIMBA NAWE AKWIYUMVAMWO NTARIBI!
Mukobwa we,menya ko kureba umuntu ukumva umukunze ari normal.Natwe tubona abagore n’abakobwa beza,tukumva tubakunze.Ndetse na Yesu yakundaga abakobwa.Urugero Maliya na Marita babaga mu mujyi wa Bethany.Ariko ntabwo bigeze baryamana kuko ari icyaha.Natwe nubwo tureba abakobwa beza tukumva tubakunze,ntabwo dushaka kuryamana nabo.Nukomeza kwifuza uriya muhungu ugakomeza kugira igishyuhe,nta kabuza muzaryamana.Soma witonze Matayo 5:28.Nibirangira umaze kumuha umubiri wawe,uzicuza kuko atazakurongora.Uzaba ukoze icyaha uzicuza ubuzima bwawe bwose kandi kizakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo (1 Abakorinto 6:9,10).Inama nkugira ni iyi: Murebe nibyo kuko muturanye.Uzirinde kujya kumusura.Ntuzamusome cyangwa ngo wemere Caresses kuko byahariwe gusa Umugabo wawe.Mwikuremo,umenye ko gukunda cyane umuntu utari Fiyanse wawe ari icyaha.Menya ko gusambana bizabuza abantu millions and millions kubona "ubuzima bw’iteka".Kwishimisha akanya gato hanyuma umuhungu ntakurongore,bibabaza abakobwa benshi cyane.Ndetse bamwe bariyahura.Boyfriend agomba kuba FIYANSE wawe gusa.Muli make,"mukunde ariko umwirinde".Numwiha wese,azagusambanya kandi uzicuza ubuzima bwawe bwose.Uzabaze bariya bakobwa baryamana n’aba STARS hanyuma bakabata.Birababaza cyane.Niyo ubonye umugabo,uhora wibaza ukuntu waryamanye n’undi muntu akaguta.
Egera umusore agushimire aho ngaho utakwishyikira kuko ikinyabuzima ni nkikindi kuko hormones zose zirakora!
umvasha ryumwana ntaribi nagucika uzabyicuza uzakoreshe agakingirizo umvasha fatirahafi ukubishoboye kandi nibawumva byakunaniye shakumuhabo wakuze
Ntakintu kirusha
Umutima
W’umuntu
Gushukana
Wekwita kuburanga bw’uwo
Musore
Ashobora kuguterinda akakwanga
Ugasigara wicuza
Inama nuko wamureka.
Icara hamwe utuze kuko iby’umubiri wifuza si ko ubihabwa. None abakwifuza bo uzemera ko muryamana?Niba atariko bimeze iga kwitsinda kuko umuntu ni uwo.Kandi uzararukira ubusambanyi naramuka abyemeye mukabikora, nta n’agaciro azaguha nta n’undi uzakaguha. Bye bye.
Shobora umubwire ko umukunda wumve icyo agusubiza
Byikuremo cg niwumva by
Hoya uko wanga gutwita cyagwasida ube arinako wikuramoko mwajyamana
wowe rya umwana ibizakurikiraho ntago turi kumwe nawe.
Mesa rumwe kuko imyaka ufite si uri umwana, uravuga ko udakunda gusambana arko nicyo umwifuzaho, ntubikunda arko wigeze kubikora?ikindi ngo nta boy friend ufite kdi ngo ntiwa mukunda nka boy friend bivuze ngo icyo umushakaho ni ukuryamana nawe.Imana imukurinde ni ba atari umusambanyi
Burya ubuzima bwo mwisi niko bumeze twese turipfuza ariko ntidaca tubironka kandi vyongeye harigihe wipfuza ivyokwicira ubuzima munyuma ukicuza vyihanganire kuko nutavyihanganira mukabikora azokudya aguherane yongere akwararaze ko uri indaya kuko wamwubahutse urumwigeme atabigusavye ikindi naco niwiyegereza imana bizohera
Kunda Jewe Ndabiguswavye Urekane Nuwutagushaka Azokudya Akakwivuga Akakwararaza Kuri Indaya
Uzabanze umenye niba afite umugore , niba atamufite umusabe ko mwabana nk’umugorere n’umgabo apana uburaya kuko kuryamana rimwe ntacyo byakunguraho kuko buri gihe wajya umwifuza.
MUREKE UZE KUMPAMAGARA NANGE NTEYE NKAWE 07224488..
NIBA WARAKUNZE UZABIMUBWIRE NABYEMERA MUZAKUNDANE NAGUTERA INDOBO BIZAGUHA IMBARAGA ZO KUMWIKURAMO
Jyewe ndunva nacyo uvuze mubyo uvuze byose
mpamvu igutera kugira irari kuri uwo musore ni uko nta boy friend ufite mushake rero,
burya irari rya gisore ni ngombwa kwihangana Niko kudutandukanya nta handi ni muri Yesu ukirinda icyaha kubera wanze kubabaza Yesu nk’inshuti irindiriye amasezerano kuko we ahita akwerurira akaguha n’amasezerano ukayategereza, niba rero utarahitamo ibyo mvuze niba ugeze igihe cyo gushaka bimubwire akugire umugore we mushakane
Nimba udafite Yesu muri woe nawe akaba atamufite witonde ,gsa ndinkawe nabanza nkabaza Imana kuko inama zabantu ziratandukanye harimo inziza nimbi sinzi ko wabona igizubizo nubundi urasanga igisubizo kiri kuri woe
nonese abaze Imana iki?kdi yavuze ko yumva yaryamana nuwo musore byonyine
Ariko umuntu agisha,inama yogukora ibyaha koko!!!gusa Imana,igutabare ndunva warahiye kdi utitonze wazahura nimbwa yiruka.ESE umubiri niwo ukuyobora cg niwowe uwuyobora?
Icyaha baragihunga ntabwo bagisha inama...uwo ni satani ukurwaza umutwe..not umusore
Umva muko,njyewe inama nakugira,niba koko wumva umubiri wawe utagishoboye kwihangana,erega natwe abasore bitubaho! ugira gutya ukaba wiyicariye wumva utuje,,umukobwa runaka cg umugore wabandi akakuza mubitekerezo mbese ukumva ubuzima bwaw bwose bumushiriyemo.kuburyo umubona ukarara udasinziye kubera uburanga bwe.mbese ukumva ko uramutse umuciye urwaho mwaryamana (ukumva ibyo utunze byose aribyo ufite aribyo udafite ukumva wabimuha.ariko njye reka nkugire inama**%kumuha siwo muti,ahubwo niba utamutinya mwegere,umuganirize,niba unamukunda ubimubwire,nuko nawe yifatire umwanzuro.ariko ntucikwe ngo ugomere Imana,kuko Icyo nikimwe mubyaha yanga urunuka.ugire ukwihangana.
Umva baza IMANA kandi umunsengere hamutekereze iconzico siwe wa mbere
Ariko narumiwe koko! ubwose umuhungu wabandi arikugutesha umutwe gute? ariko mwagiye mureba ibibare? ngaho jya kwamugaga
komeza kwihangana ureke kumugirira,irari ahandiho uzakimuha ubwonye ne inda vigwe sida muzaba mureha uwawe ntaraza nubirengako uzagira ingorane kandi urimwiza ariko witonde
Uzamutere imitoma, none kowamukunze ntubimubwire amaherezo azaba ayahe?
ok woe mubwize ukuri uko ibintu bimeze ark umwumvisha umukunda kuburyo wumva mwabana maze nabyemera aba ari ho uzahera umuhe wisanzuye narwikango ufite kandi nyine uko umubonye nukabimwereke cyane ko mukunda niba bitaribyo akabimenya atari woe ubimwibwiriye azabifata ukundi
kumenya amakuruye cq nibabidashobokarikocore ubimubwire niyemerako mwabana azakurongore kbx.
umwiza nibakoko umwifuza buruko umubonye dore uko ubikora reba uko ubigenza bamwirukane mugipangu kdi ntuzifuze kumenya
Genda Muryamane cyangwa ugane kumuhanda wigurishe kuko niyo kamere ufite
Ntukifuze ibyo ureba genda umubwireko umwifuza nawe aguhe gusa ingeso irangira nyirayo apfuye nubigira ingeso uzapfada !!!!!!
banza ubitekerezekuko ushoborakuzicuza ubitekerezeho utazavuga ngonabikoreraga iki izonamabarikugirasizo
Pole urwo ni urugamba Imana yakwegereje ngo ururwane kdi dusabwa gutsinda! Kwiyubaha nibikunanira wubahe Uwiteka kdi wibukeko imibiri yacu ari insengero z’uwiteka.
ark x muk kwift byaknaniy bimubwr ark ntag nkusets kk nang iwc har umkz ark we yarmbwiyng iy mukzh ntm anyifuza kd atmbn
Bimubwire kuko abahungu ntabwo dukomeza umutwe cyane,erega ashobora no kuguha umwanya ukaruhuka utiriwe uryamana nawe!
aha ndumuwe pee!ubundise uramukunda?cyago wifuza kuryamana nawe ngus?
Umva ubuzima bwawe buri mubiganza byawe nushaka ko buba bwiza mubwire ko umukunda kugirango ubone gufata umwanzura
niba koko udashaka kuryamana nawe icyiza nuko wareka kujya umureba cyane kdi no kuba hamwe nawe ukabigabanya kuko burya uburyo bwiza bwo kwirinda ikibi ni ukuguhunga
Ubwo urumva igisubizo utacyifitiye koko, uhitemo ubuzima cg urupfu, niwowe uzifatira icyemezo cy’ubuzima bwawe
bigutwaye iki c? wowe mubwize ukuri ko umukeneye ubundi akumare irari sha
Gerageza kyane umwegere umugezeho ikifuzo kyawe wunve ikyo agusubiza, wirinde nokubyamamaza atazabimenya utarabimwibwirira ugasanga bihise bipfa, kuko ushobora gutegere zako Ariwe ubikubwira We ataragutekereza yibereye mubindi.
yewe ho gupfa wivuza wopfa wifuza sijwanze?
Kaberuka Eleuthere
jyenda umuhe ntabwo ubwone buzagaragara
Muhe nibishira
Uramuha Kiko Nawe ntiwarankuye!!!
mubwire ko umukund kd ibyisoni ubireke?
Muhe nyine reka ubuturage
Nturare Utabivuze Nyine.
byikuremo nshuti,
Niyiyumvire
bibaho nihagire uguseka
Haaaa Urahwela Ncuti. Tuza
Nonec ko agukurura ntugende wese?
aragugkurura nyine nawe nturumwana
Iyubahe yakoyatakuja
Umusange umubwire ikifuzocyawe witonze
UMVA MUKO AMAZ,ASESEKANTAYORWA STOP NUTITWARA NEZA BIZAKUGORA BYITWAREMO NEZA
Banza wubahe IMANA utinye icyaha bizagufasha
Yewe senga cyane iyo ni satani yakugendereye
ha! ndumva bitorosh! muh umuzigo yifnknyr!
Rondera Abagusengere Iyo Ni Satani Bizohera Waratewe
iyahure kubera ko atakwemera
ndumva undenzeho
wuhe non yigirir sikwivuna tmusonga
Nishitani imurimo
Uzabimubwire
Kimutegeze nyine
Wikwigizankana
nta chr ugira se?
Nasubize aramugira, cg ntawe?
try u best
fatiraho reka ubugoryi
yebabawe giravuba umuhe kbsa
Sist Konzik Arinjy 2ban Mugipang Wab Arijy Wifuz?
mwana izimye umuhe!
Niba akudwaje umutwe gusa ntakibazo kuko muganga yaguha prasitemort. ikibi ni uko yakwica gusa.
Ntukiyime icyo ufite
Niba agukurura mukurure nawe mukururane ubundi rubure gica
Niba Umukunda Uzabibyire ?
Ni uko uburaya butangira
Mukora,baneza Icowokora,mugabo,ubazeusege,jewenuva,wowitoda Pe,
Inama nuko umubiri utagomba kugutegeka uzakore ikintu cyitazakubabaza ku urebye nabi wazicuza bitagishobotse murakoze
Imana ibahe umugisha
Ndakugira inama fata umwanya ubi mubwire ko umukunda mube inshuti muzabane kandi Nina umukunda nta mpamvu yo kunigwa n’ ijambo uzanigwe n’uwo uribwiye kandi ubikore mubwenge.
Kora icyo umutima ugusaba ark shaaa
Umva nkubwire wamukobwawe have utazahakura ishyano nonese nimba utamukunda ukaba urarikira umubiriwe ubwo urumva ushaka iki (Inda cg sida nizindi ndwara zandurira mumyanya ndangagitsin) so ifate ubundi usenge nakinanira Imana
kakubayeho uziko irari ritwita rikabyara icyaha icyaha cyamara gukura kikabyara urupfu. ihangane wamukobwawe uzaheshe abakwibarutse ishema
ngo ntur’indaya???indaya se ubwo yaba nde?
ncuti ihangane kuko ivyonibigeragezo senga imana kugirango igufashe kuko ukoniko satani ariko aratwara abakobwa iconoguhanura jamucumba cawe uze urasenga kumusi gatatu uwomudayimoni agushuka azahita akuvaho nanje nzagufasha gusenga imana kugira igire icoyagufasha ntumaramaze abavyeyi bawe ihangane dusenge imana nanje nzagufasha yesu kristo agutabare
Sha uwo muhungu ahubwo buriya Satan amwambika indi sura kuko satani ashaka kukwangiza ariko buriya niyo mwaryamana wasanga birangiye wakwicuza pe.Sanga Imana wirukane iyo dayimoni yu busambanyi yakwinjiyemo.naho ubundi nudasenga muzaryamana kandi ntimuzigera mukundana ahubwo uzapfa uri disapointed.Please HUNGA tegereza uwawe
yewe mukobwa we iyo ni shitani yaguteye. Ndasaba Imana data kukuhagiza amaraso y’umwana we Yezu Kristu agatwika izo roho mbi z’uirari n’ubusambanyi. nta kindi kirukana izo roho mbi usibye gusenga no kwigomwa harimo kwiyiriza cyangwa ukigomwa utundi tuntu ukunda. Wavuze ko utamukunda, agomba gukundwa kuko yaremwe mu ishusho ry’Imana. Ariko witonde uce bugufi usen ge kandi ujye ugerageza kwigomwa inkuru ze urinde n’amaso yawe kureba ibikugusha. Byaba byiza kuko imibonano mpuzabitsina iba gusa hagati y’abashakanye. kandi uko mbyumva uracyari muto byereke Imana izagufasha wibuke ko na Yezu yashutswe na shitani akayitsindisha amasengesho no kwigomwa. Iyo migenzo myiza ya gikirisitu nta tegeko na rimwe riyihana,. Imana igutsindirire izo roho mbi.
Umva mukobwa rero udatesha umvwe umuhungu wabandi wihangane kuba utanamukunda biri namahire kuko uramutse umwishyizemo cyane byakugora tuza.
Ubuse kunkuruye turyamane nago abadukurura Bose twababona ihangane
Mubwizukuri kumushaka abasore nabana beza azabigukorera uzamusure Get to bizacamo
Ntgashukwe nibituza hitamo kubahocg gupfa soma kuko 20:14