skol
fortebet

Abashinwa mu ba mbere ku rutonde rw’ibihugu bifite abagabo bibitseho ibitsina bigufi ku isi

Yanditswe: Thursday 07, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Mu bihugu biza ku isonga mu kugira abagabo bibitseho ibitsina bigufi ku isi harimo Koreye y’Epfo , Cambodia ,Thailand ,India Ndetse n’Ubushinwa.

Sponsored Ad

Mu cyegeranyo cyakozwe na Kaminuza yo muri Amerika yitwa ‘University of Ulster’ iherereye mu majyaruguru ya Ireland cyakoze icyegeranyo cy’ ibihugu bibarizwamo abagabo bibitseho ibitsina bigufi kurusha abandi bose.

Muriki cyegeranyo cyakozwe niyi Kaminuza yo muri Amerika ngo intego nyamukuru yari ukureba niba umugabane wa abatuye muri Afurika koko bafite umubare munini w’abagabo bafite ibitsina binini kurusha abatuye iburayi nkuko byavugwaga, ngo ubushakashatsi bwerekanye ko Afurika ifite abagabo barusha abanyaburayi ubugabo burebure.

Ikindi nuko bifashishije ingeri z’abantu batandukanye aho bagiye basura bimwe mu bihugu byo ku isi mu rwego rwo gupima ndetse no gukusanya amakuru mpamo ashingiye ku buzima by’imyororokere yabo .

Dore ibihugu bibarizwamo abagabo bafite ibitsina bigufi ku isi:

1. South & North Korea – 3.8 inches – 9.66 cm
2. Cambodia – 4 inches – 10.04 cm
3. Thailand – 4 inches – 10.16 cm
4. India – 4 inches – 10.24 cm
5. Burma – 4.2 inches – 10.7 cm
6. Taiwan – 4.2 inches – 10.78 cm
7. Philippines – 4.2 inches – 10.85 cm
8. China – 4.3 inches – 10.89 cm
9. Sri Lanka – 4.3 inches – 10.89 cm
10. Japan – 4.3 inches – 10.92

Ibitekerezo

  • Babipimye byafashe umurego se?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa