Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda nabo bafunguriwe imiryango[IBISABWA]
Yanditswe: Monday 30, Dec 2019
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwahaye ikaze abifuza kwinjira mu gisirikare ku rwego rw’aba Ofisiye (Cadet courses) ko batangira kwiyandikisha ku bigo bya gisirikare bibegereye, ku mirenge no kuri za ofisi za DASSO Commander mu turere.
Ni itangazo ryatanzwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, muri Brigade ya 402 ishami rishinzwe abakozi mu turere twa Nyagatare, Gatsibo, Kayonza na Rwamagana kuri iki Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2019.
Ibyo ugomba kwinjira mu ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa ofisiye agomba kuba yujuje
1.Kuba ari umunyarwanda kandi afite ibyangombwa byose bimuranga
2.Kuba yararangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza (University Graduate)
3.Kuba afite imyaka hagati ya 18 kugeza kuri 25 ku bize ubumenyi rusange (social sciences) n’imyaka 27-27 kuri ba Enjiniyeri na ba Dogiteri (Enginneers and Doctors).
4.Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igifungo kirengeje amezi atandatu
5.Kuba ari ingaragu
6.Kuba afite ubuzima buzira umuze (Physical fitness)
Abujuje ibisabwa kandi babyifuza basabwe guhita batangira kwiyandikisha vuba bakimara kubona itangazo kuko itariki ntarengwa yo kureba abiyandikishije no gusuzuma ibyangombwa ari tariki ya 03 Mutarama 2020 mu turere twa Gatsibo na Nyagatare na tariki ya 05 Mutarama 2020 mu turere twa Kayonza na Rwamagana.
Ibitekerezo
MWIWENEZA UMWAKAMUNSHA NDABYUJUJE ARIKO NTAGONIZE KWANDIKA NOGUSOMA NDABIZI ERIC KUKAMONYI NIMR 0785462741 MURAKOZE
MWIWENEZA UMWAKAMUNSHA NDABYUJUJE ARIKO NTAGONIZE KWANDIKA NOGUSOMA NDABIZI ERIC KUKAMONYI NIMR 0785462741 MURAKOZE
mwiriwe ndifuza kwiyandikisha mugisirikare gusa ndasoza s6 muri2022 nkaba narize pcm no;0781202645
ndashak kuba umwe mubagize ingabo zigihugu
ndashaka kuba umwe mubagize ingabo zi gihugu: 0733163971
Ndifuza kuba umwe mubari mungabo zigihugu cyu Rwanda nka nararangije l5 masonry mbaye. mbashimiye mugihe ngitegreje igisubizo cyanyu cyiza
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu narangije S6mpc murakoze
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu narangije S6mpc murakoze
1.ndumunyarwandID1199870060327050
2.narangije S6mpc
3.pfite imyak24
4.ntabwo nigeze nkatirwa ninkiko
5.ndingaragu
6.pfite ubuzima buzir’umuze
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu cy uRwanda narangije l5it murakoze
Mwadufasha mukatubwira igihe muzasohorera itangazo?
Ndifuza kuba umwe mu ngabo z igihugu
Ndashaka kujya mungabo zigihugu nkabandangije s6 mce mubinkoreye mwaba mukoze 0780933960
Ndashaka kujya mungabo zigihugu nkabandangije s6 mce mubinkoreye mwaba mukoze 0780933960
Nanjye ndifuza kuba nakorera
Igihugu nukuri ni mudufashe
Murakoze
Muraho neza Nange Nitwa TUYISINGIZE innocent Mdufashe nutubwibe igihe Cyo kwiyandikisha Kuko Nange Ndifuza Gukorera Igihugu 1 Narangije s6 2 Ndumunyarwanda 1199780013932051 N
Muraho neza Nange Nitwa TUYISINGIZE innocent Mdufashe nutubwibe igihe Cyo kwiyandikisha Kuko Nange Ndifuza Gukorera Igihugu 1 Narangije s6 2 Ndumunyarwanda 1199780013932051 N
Muraho neza Nange Nitwa TUYISINGIZE innocent Mdufashe nutubwibe igihe Cyo kwiyandikisha Kuko Nange Ndifuza Gukorera Igihugu
1 Narangije s6
2 Ndumunyarwanda 1199780013932051 N
Ndi umnyarwanda nkunda igihugu nabakirimo nifuza kuba ingabo yigihugu nkitanga nizigana mutumenyeshe igihe ikizame kizabera cyo kwinjira mungabo zigihugu
Bazandika ryari
Najy ndifuza kujy mungabo zigihugu mudufashe twiya
Ndifuza kujya mugisirikare
Nange ndifuza kwinjira mungabo zu Rwanda
Mudufashe mutubwire igihe itangazo rizaciraho
Mwadufasha mukatubwira igihe joining izabera.
Ni Mukeshimana Jonas
Narangije A2 mumwuga w’ ubuforomo rusange
Nifuza kuba umwe mungabo z’ igihugu cyacu cy’ Urwanda, Murakoze.
Nifuzakwimjira mungabo zurwanda.narangije mfite A2
Ese umuntu adafite amahirweyo yokubayarize amashuri kandi akaba akaba ashaka kurya mungabo zigihuguntagobyakunda
Umuntu atarize ayo mashuri ntiyajysmugisirikare Kandi abishaka
Najye banyita niyitegeka samuel ariko nagarukise s4 ariko nkaba shaka kwinjira mungabo zigihugu kandi nkaba fite ubushake
Ndifuzakomwambwira itarikibazatangaza yokwinjiramugisirikare 2023
Nimutubwire ugihebazatariza Santatu yisumbuye
Nimutubwire ugihebazatariza Santatu yisumbuye
Àbifuza kwinjir mur kadete noya
Rdf numuryangodukundacyane
Nkaba nifuzakomukomezagukorcyane
Nanjyedufatanije ndabemera
Ndabinginze muduhe amakuru y’igihe bazandikira abifuza kuba abasirikare bato nasoje s3. Nkunda umwuga w’igisirikare cyn nukuri mumfashe
Ndabinginze muduhe amakuru y’igihe bazandikira abifuza kuba abasirikare bato nasoje s3. Nkunda umwuga w’igisirikare cyn nukuri mumfashe
Gukorera igihugu
NDIFUZAKWINJIRAMUNGAZURWANDANARANGIJ S3
I want to be my cauntry force
baziwjizaryari?