skol
fortebet

Amafoto y’umusore uryamye mu isanduku yatanze Peace yateje urujijo abantu batari bake

Yanditswe: Tuesday 13, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Mu gihe abantu batandukanye hari ibintu bafata nk’ubukunguzi, ubupfumu cyangwa uburwayi, nko kujya mu isanduku ittabara uri muzima, uyu musore we yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasangizaga abakunzi be amafoto ye aryamye mu isanguku mu buryo bwo kuyifotorezamo.
Uyu musore utatangajwe amazina gusa ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Facebook aryamye mu isanduku, ahumirije ndetse yanatanze ikimnyetso cy’urukundo n’amahoro (Peace and Love), ari na cyo (...)

Sponsored Ad

Mu gihe abantu batandukanye hari ibintu bafata nk’ubukunguzi, ubupfumu cyangwa uburwayi, nko kujya mu isanduku ittabara uri muzima, uyu musore we yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasangizaga abakunzi be amafoto ye aryamye mu isanguku mu buryo bwo kuyifotorezamo.

Uyu musore utatangajwe amazina gusa ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Facebook aryamye mu isanduku, ahumirije ndetse yanatanze ikimnyetso cy’urukundo n’amahoro (Peace and Love), ari na cyo abantu bashingira ho bavuga ko yifotozaga.

Uyu musore utaravuzweho rumwe n’abamuzi binyuze ku rukuta rwe rwa Facebook, abenshi bamwifurije iruhuko ridashira, abandi bamwifuriza kuruhukira mu mahoro mu gihe hari n’abagaragaje ko ari ukutiha agaciro nk’umuntu w’umusore kuryama mu isanduku akayifotorezamo.

Si uyu musore gusa kuko muri kiriya gihugu haherutse no kugaragara ifoto y’undi mukozi wo mu buruhukiro yayishyize ku mbuga nkoranyambaga yifotoranyije n’umurambo.

REBA HASI VIDEO AHO JAY POLLY ASOBANURA IMBERE Y’IMBAGA Y’INTORE Z’ABAHANZI ICYATUMYE VIDEO YA "TOO MUCH" INJYA HANZE:

Ibitekerezo

  • abonye ibyoyifuza harigihe atanayivamo ubundi bagahita bamumanura iyomumanga

    Ariyumva wabona arimumarembera agana irimbi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa