Amafoto y’umusore uryamye mu isanduku yatanze Peace yateje urujijo abantu batari bake
Yanditswe: Tuesday 13, Jun 2017
Mu gihe abantu batandukanye hari ibintu bafata nk’ubukunguzi, ubupfumu cyangwa uburwayi, nko kujya mu isanduku ittabara uri muzima, uyu musore we yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasangizaga abakunzi be amafoto ye aryamye mu isanguku mu buryo bwo kuyifotorezamo.
Uyu musore utatangajwe amazina gusa ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Facebook aryamye mu isanduku, ahumirije ndetse yanatanze ikimnyetso cy’urukundo n’amahoro (Peace and Love), ari na cyo (...)
Mu gihe abantu batandukanye hari ibintu bafata nk’ubukunguzi, ubupfumu cyangwa uburwayi, nko kujya mu isanduku ittabara uri muzima, uyu musore we yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasangizaga abakunzi be amafoto ye aryamye mu isanguku mu buryo bwo kuyifotorezamo.
Uyu musore utatangajwe amazina gusa ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Facebook aryamye mu isanduku, ahumirije ndetse yanatanze ikimnyetso cy’urukundo n’amahoro (Peace and Love), ari na cyo abantu bashingira ho bavuga ko yifotozaga.
Uyu musore utaravuzweho rumwe n’abamuzi binyuze ku rukuta rwe rwa Facebook, abenshi bamwifurije iruhuko ridashira, abandi bamwifuriza kuruhukira mu mahoro mu gihe hari n’abagaragaje ko ari ukutiha agaciro nk’umuntu w’umusore kuryama mu isanduku akayifotorezamo.
Si uyu musore gusa kuko muri kiriya gihugu haherutse no kugaragara ifoto y’undi mukozi wo mu buruhukiro yayishyize ku mbuga nkoranyambaga yifotoranyije n’umurambo.
REBA HASI VIDEO AHO JAY POLLY ASOBANURA IMBERE Y’IMBAGA Y’INTORE Z’ABAHANZI ICYATUMYE VIDEO YA "TOO MUCH" INJYA HANZE:
Ibitekerezo
abonye ibyoyifuza harigihe atanayivamo ubundi bagahita bamumanura iyomumanga
Ariyumva wabona arimumarembera agana irimbi