skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu: Pasiteri yasengeye Telefone ngo zIjyemo umuriro zimukoza isoni

Yanditswe: Sunday 06, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interinet zitandukanye turasangamo ifoto y’ umusirikare ufite iranka rya Sergeant wateye ivi asaba umukunzi we ko bakwibanira ,amafoto y’ bamwe mu bakobwa bakunzwe kuri interinete kubera ubwiza bwabo ,amafoto asekeje ndetse n’andi atangaje , umugore yakubitiwe mu isoka azira kwiba inkoko ,imyambarie igezweho ubu isigaye itangaje , Pasteri wasengeye telephone njyendanwa ngo zigemo umuriro gusa nyuma bikanga.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa 5 Gicurasi 2018 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye ifoto y’ umusirikare w’ u Rwanda ufite ipeti rya sergeant tutabashije kumenya amazina wafotowe apfukamishije ivi rimwe mu muhanda ngo yambike impeta umukobwa amusaba kumubera umugore.

Dore amwe mu mafoto y’abakobwa bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga kubera ubwiza bwabo .











Dore amwe mu mafoto asekeje n’andi atangaje .




Pasiteri yasengeye telephone ngo zijyemo umuriro bimubana ipfabusa telephone ziranga .

Imyambarire igezweho ku bakobwa isigaye itangaje .



Umugore yakubitiwe mu isoka azira kwiba inkoko .

Ibitekerezo

  • Hari abagabo barya ibihiye, hakaba abandi barya ibinisi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa