skol
fortebet

Ben affleck wamenyekaniye cyane ku isi muri Film yakunzwe cyane izwi nka Batman ubu nawe yageze mu Rwanda(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 31, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umukinnyi w’ icyamamare mu gukina amafilim Benjamin Geza Affleck-Boldt wamenyekanye nka Ben Affleck ku rwego rw’ Isi ari mu Rwanda mugihe hataramenyekana icyaba cyazanye uyu mugabo.
Uyu mukinnyi wamamaye mu cinema nubwo we ntacyo arabivugaho kerekana ko yaba ari mu Rwanda. Ibi byaje kwerekanwa numwe mu bakozi ba Rwandair ubwo yifotoranyaga nawe agashyira hanze ifoto ye arikumwe nuyu mugabo avuga ko yaje mu Rwanda aho byanagaragara ko bari I Kanombe ku kibuga cy’ indege.
Uyu mugabo uri mu (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi w’ icyamamare mu gukina amafilim Benjamin Geza Affleck-Boldt wamenyekanye nka Ben Affleck ku rwego rw’ Isi ari mu Rwanda mugihe hataramenyekana icyaba cyazanye uyu mugabo.

Uyu mukinnyi wamamaye mu cinema nubwo we ntacyo arabivugaho kerekana ko yaba ari mu Rwanda. Ibi byaje kwerekanwa numwe mu bakozi ba Rwandair ubwo yifotoranyaga nawe agashyira hanze ifoto ye arikumwe nuyu mugabo avuga ko yaje mu Rwanda aho byanagaragara ko bari I Kanombe ku kibuga cy’ indege.

Uyu mugabo uri mu Rwanda ku mpamvu zitarajya hanze si ubwa mbere ahaje dore ko ahaheruka mu mwaka wa 2007 ubu imyaka imaze kuba 10 ahavuye ubwo yari yaje kwifatanya n’ Abanyarwanda mu gihe cy’ ibyago akanagira ibikorwa byiza byo gufasha abanyarwanda.

Ifoto ya Ben Affleck mu Rwanda

Ben Affleck ni umugabo w’ abana batatu aribo Violet Affleck, Samuel Garner Affleck, Seraphina Rose Elizabeth Affleck. Yavutse taliki ya 15, Kanama , 1972 mu mujyi wa California ho muri Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika. Uyu mugabo yashakanya n’ umugore witwa Jennifer Garner ari nawe banyaranye abana batatu bose ariko nyuma muri Nyakanga 2015, baje gufata umwanzuro wo gutandukana burundu, buri wese aca inzira ze.

Uyu mugabo umaze kubaka izina muri cinema yamenyekanye mu mafilim nka Live Night, Batiman VS Superman, Justice League,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa