skol
fortebet

Eddy Kenzo yishumbushije umukobwa w’umunyarwandakazi w’ikizungerezi

Yanditswe: Thursday 01, Apr 2021

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi wo muri Uganda Eddy Kenzo yabonye umukunzi mushya, umunyarwandakazi w’ikizungerezi, nyuma y’uko umuhanzikazi Rema Namakula babyaranye amutaye akishakira undi mugabo.

Sponsored Ad

Byamaze kumenyekana ko uyu muhanzi ari mu munyenga w’urukundo n’uyu mukobwa w’umunyarwandakazi utarameyekana amazina.

Ibinyamakuru bitandukanye birimo ikitwa Celebrity Patrol byanditse ko Eddy Kenzo ari mu munyenga w’urukundo n’umunyarwandakazi ukiri muto w’ikizungerezi n’ubwo amazina ye ataramenyekana.

Iki kinyamakuru cyakomeje kivuga ko aba bombi bagaragaye bari kumwe muri Hotel yitwa Fairway Hotel iri mu mujyi wa Kampala kandi ngo bakunze no kuhasohokera.

Nyuma y’imyaka itatu Rema Namakula babyaranye amutaye akishakira undi mugabo, byamenyekanye ko Eddy Kenzo amaze amezi atanu ari mu munyenya w’urukundo n’umunyarwandakazi ukiri muto w’uburanga butangaje.

Eddy Kenzo yari amaze imyaka itatu ari wenyine nyuma yo gutandukana na Rema babyaranye

Eddy Kenzo yari amaze imyaka itatu ari wenyine nyuma yo gutandukana na Rema babyaranye, wamutaye akajya kwishakira undi mugabo bakanakora ubukwe bw’agatangaza.

Rema Namakula yaramutaye yishakira undi mugabo, Hamza banakora ubukwe bw’agatangaza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa