skol
fortebet

Hateguwe uburyo n’abahanzi bazakira Jay Polly akiva muri Gereza barimo na ShaddyBoo[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 23, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Umuraperi Jay Polly uri mu mpera z’igifungo yakatiwe abatandukanye batangiye gutegura uburyo bwo kwakira uyu muhanzi biteganyijwe ko azasohoka muri Gereza tariki 28 Ukuboza 2018.

Sponsored Ad

Jay Polly nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo ‘gukubita no gukomeretsa ku bushake ku buryo bubabaje’ umugore we byatumye akatirwa igifungo cy’amaezi atanu. Aho afungiye muri gereza ya Mageragere I Kigali.

Kimwe mu bikorwa biri gutegurwa mu rwego rwo kwakira no guha ikaze Jay Polly n’igitaramo kiri gutegurwa na The Mane kizaba tariki ya 1 Mutarama 2019 nyuma y’iminsi itatu gusa uyu muhanzi asohotse muri Gereza.

Iki gitaramo kizaba ku itariki ya 1 Mutarama 2019, kizagaragaramo abahanzi barimo Asinah, Bull Dogg, Safi Madiba, Queen Cha,ShaddyBoo ndetse na Jay Polly. ni igitaramo kizabera kuri Platinum Club.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa