Imitoma 12 irenze ushobora kwifashisha kugira ngo ugushe neza umutima w’umukunzi wawe
Yanditswe: Tuesday 23, Oct 2018
Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe.
Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo:
1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi.
2. Nsagwa n’ibyishimo byo kuba ndi kumwe nawe igihe cyose, kuvugana nawe, ndetse no kumva uri hafi yanjye bituma numva nezerewe mu umutima wanjye.
3. Ni wowe si yanjye narintegereje, imbaraga zinsunika zinjyana aho uri kuko kuba aho uri ntako bisa.
4. Nishimira cyane kugusoma kurusha uko nasoma undi muntu uwariwe wese kuko iminwa yawe impumurira neza nkumva nayigumana.
5. Iyo utari kumwe nanjye mbura ingingo zimwe na zimwe z’umubiri wanjye, nkumva nsigaye njyenyine ku isi.
6. Iyo uri kumwe nanjye mu mwanya mwiza nk’uyu w’umunezero, kugutekereza byonyine binzanira ibyishimo bidasanzwe, ese waba ubizi?
7. Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu.
8. Iyo nkubonye ntekereza ijuru mu gihe gito ubundi nkumva niho nibereye bigatuma ndushaho kuba hafi y’Imana kuko ariyo yakungeneye.
9. Ubuzima bwanjye nabuboneye muri wowe, kuko iyo utabaho nta buzima bwiza mba mfite kuko kubaho nkubona iruhande rwanjye binyongerera iminsi yo kurama ku isi.
10. Bavuga ko umuntu agwa mu rukundo rimwe gusa ariko njye iyo nkubonye iruhanjye utuje undebana akanyamuneza n’ubwuzu bituma nongera kugwa mu rukundo inshuro zitabarika.
11. Rimwe na rimwe mba numva umutima wanjye ugiye guritswa n’ibyishimo bivanze n’umunezero iyo nkutekereje kuko akenshi bituma mbura amahoro mu mutima wanjye.
12. Sinigeze mbasha kumenya neza ko nzagira ubuzima bw’umunezero mbukesha wowe igihe nakubonaga mu maso yanjye bwa mbere nkumva ibyishimo bitashye umutima wanjye.
Ibitekerezo
NI BYIZA CYANE
dukeney iyambere muyambere
Ese ni bihe bimenyenso umukobwa akora iyo ashaka ko mukora sex
Yh ni byiz kuk bifash umuntu gushimisha umukunz we
kumenya urukundo
harinuwundiuvugangoiyombuzeijwiryaweumutimawangeurameneka
Imitoma nimyiza cyane
murakoze kubwamagambo meza mutugezaho aradufasha cyane.
Yose narinyizi peee!!!!mbahe indi?
Mbega imitoma irenzewee...
Imitoma nisawa kbx
Imitoma irabikora
NJEWENEMEYEPE.
Nivyiza caneeee nka 4 :6:7:10
urukndo nicyi
Hh flsh kbx
BASHIMI YE IBIGNIRO MUTUGEZAHO MURAKOZE
Ewn nineza kbx
imyifato abakobwa bakunda kumuhungu
Nimyiz san
INDI MITOMA
Imitoma ituma uswera umukobwa
Ok ntanoma harumwe mwimwibagiw
Nayah majambo wavuga iy urikumwe numukunz wabuz ic uvuga
kwr murakoz ahubw nwoturonderer utundi kwr nkatw abasor turesh birakenew kwr by vichou love
JEWE IGITEKEREZO CANKE NUKO NSHAKA KUMENYA AMAJAMBO YO KUBWIRA UMUKUNZI KUGIRA AMUNEZEREZE
ndashimye kweli mengo mubishatse mwotwongera n’utundi
murakoz cne.mumpe imitoma yo gusaba kuryamana numukobwa
Murabagaciro pe inyigisho zanyu ziratwubaka mukomeze nizindi
Nipfuz ko mwokomez mudushirirako nibind bifasha beshi
Iyo mitoma ntaco ibaye ariko
Ivyo wabimubwira umufashe ute?
Nshakaimitomaisaba urukundo
Mubamwateguye pee!
ese urukundo ruri ubwoko bungahe.
Enjoy yourselves
UMUTOMA wa 7 urashimishij kuk watumye chr agwamonez
Ndabashimiye cane naramubwiy mike muriyo mwatwoherereje nubu turikumwe munzu kl
Nikuki ukundana numuntu nyuma yukwezi mugatandukana
Imitoma usaba urukundo
Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza
Uwakwanga nimana niya mukunda ur,icyuzuzo kinyuzuza
Kuk ushobora gutandukana nuwo muba mukundanye ?
Urukundo rupangwa gt ?
Ntamukunzingira nabibwira
Ndayamanitse kbx
Kabisa iyo niyoyo
NDISHIMYECANE.NDIKUNVANEZERERE.NANGESHU.WANGE.NZAMUKUNDAMPAKA.IBIRENGEBIHENGAMYE
Murakoze kyane
Mudushakirenindimitoma kyanepee imiss you
nshimishwa n’amagambo akomeye mbwigwa
Birashimishije gusako twakongera uwa 13iyonkubonye urebaneza wishimye unyishimiye bitununva nunva konduwagaciro akabarinayomanvu nanj nzaguhagaciro iteka