Itsinda rya Urban Boyz ryitabiriye umuhango wo gushyingura umwe mu bafana babo wapfuye[AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 30, May 2018
Uwiragiye Marie Claire yari umufana akaba n’umukunzi w’itsinda rya Urban Boyz, uyu mukobwa yari yibumbiye mubakunzi ba Urban Boyz bibumbiye mu itsinda bise “Swagger Family”.
Itsinda rya Urban Boyz, rigizwe na Humble Jizzo na Nizzo, Humble yatangaje ko yababajwe cyane n’urupfu rw’uyu mufana wabo kuko yari umukunzi wabo w’akadasohoka, aho ngo yahoraga hafi cyane iritsinda.
Uwiragiye Marie Claire yitabye Imana ku Cyumweru tariki 27 Gicurasi 2018 azize (...)
Uwiragiye Marie Claire yari umufana akaba n’umukunzi w’itsinda rya Urban Boyz, uyu mukobwa yari yibumbiye mubakunzi ba Urban Boyz bibumbiye mu itsinda bise “Swagger Family”.
Itsinda rya Urban Boyz, rigizwe na Humble Jizzo na Nizzo, Humble yatangaje ko yababajwe cyane n’urupfu rw’uyu mufana wabo kuko yari umukunzi wabo w’akadasohoka, aho ngo yahoraga hafi cyane iritsinda.
Uwiragiye Marie Claire yitabye Imana ku Cyumweru tariki 27 Gicurasi 2018 azize uburwayi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *