skol
fortebet

Kate Bashabe nyuma yo gutahana na Davido mu modoka imwe yagize icyo abivugaho

Yanditswe: Thursday 08, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda Bashabe Catherine abinyujije kuri Facebook yavuze ko ibyo abantu bacyetse atariko biri nkuko byagaragajwe mu mashusho.
Yagize ati “Mbabazwa bikomeye n’ukuntu itangazamakuru rishushanya abantu, by’umwihariko abakobwa bazwi muri iki gihugu, mwibuke aho igihugu kigeze munamenye aho kivuye, ni ikimwaro kuba mwakwamamaza ibihuha bipfuye. Ubuyobozi burabizera, abanyarwanda barabizera, ni ukuri mwikoresha nabi icyo cyizere ngo muhimbire umuntu ubuzima bupfuye (...)

Sponsored Ad

Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda Bashabe Catherine abinyujije kuri Facebook yavuze ko ibyo abantu bacyetse atariko biri nkuko byagaragajwe mu mashusho.

Yagize ati “Mbabazwa bikomeye n’ukuntu itangazamakuru rishushanya abantu, by’umwihariko abakobwa bazwi muri iki gihugu, mwibuke aho igihugu kigeze munamenye aho kivuye, ni ikimwaro kuba mwakwamamaza ibihuha bipfuye. Ubuyobozi burabizera, abanyarwanda barabizera, ni ukuri mwikoresha nabi icyo cyizere ngo muhimbire umuntu ubuzima bupfuye nyamara rimwe na rimwe mutanamuzi.”


Kate Bashabe ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru yirinze kugira icyo avuga ku mashusho yafashwe ubwo yinjiraga mu modoka ya Davido arangije igitaramo I Remera aho yakomeje avuga ko nta kintu yavuga ku byabaye kuko nta muntu ushinzwe kwinjira mu buzima bwe kuko rimwe na rimwe batanamuzi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa